Umuryango Rwanda we want watangije ku mugaragaro ibikorwa byawo by’umwaka wa 2018 ku mugaragaro mu karere ka Rulindo

Kuri uyu wa kane taliki ya 26 Mata 2018 ku isaha y’I saa cyenda, umuryango Rwanda We want watangije ku mugaragaro ibikorwa byayo muri uyu

Umuryango Rwanda we want wifatanyije n’abaturage bagize imidugudu yo mu kagari ka nyarutarama mu kiganiro cyo kwibuka Jenocide yakorewe abatutsi mu mwaka w’I 1994

Kuri uyu wa kabiri ku isaha y’i saa cyenda, umuyobozi wa Rwanda we want n’abagize umuryango Rwanda we want bifatanyjije n’abaturage bagize umudugudu wa Kamahwa,

Kurikirana uko ikiganiro ngishwanama cyateguwe n’umuryango Rwanda we want kigamije kwerekana uruhare rw’urubyiruko mu bikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu w’I 1994 cyagenze.

Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 31/03/2018, umuryango Rwanda we want wateguye ikiganiro ngishwanama kigamije kwerekana uruhare rw’urubyiruko mu bikorwa byo kwibuka Jenocide yakorewe abatutsi